02 August 2012

Imyiteguro y'ibarura rusange ku nshuro ya kane

Mu gihe hasigaye iminsi 16 gusa ngo mu Rwanda ku nshuro ya kane hakorwe ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire, abakarani b’ibarura bakomeje amahugurwa mu duce dutandukanye tw’u Rwanda, naho abaturage nabo biteguye kuzafasha abakarani b’ibarura kugirango igikorwa kizagende neza.


31 July 2012

Ubutumwa bw'ingenzi bwerekeye Ibarura rusange rya kane ry'Abaturage n'Imiturire

I. IGIKORWA CY’IBARURA RUSANGE NI INGIRAKAMARO KU GIHUGU MURI RUSANGE NO KURI BURI MUTURAGE BY’UMWIHARIKO

Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire ni umwe mu mishinga y’ibanze Igihugu gishingiraho kugira ngo kigene ibigomba gukorerwa abaturage byabageza ku majyambere arambye mu bijyanye n’ubukungu n’imibereho yabo ya buri munsi.


23 July 2012

Public urged to cooperate during census

The Director General of the National Institute of Statistics, Yusuf Murangwa, has called upon busy Rwandans to commit their time to the forthcoming national population and housing census in order for it to achieve the required accuracy.

During an interview with The New Times, Murangwa said that the counting process will take only two weeks and will be conducted especially during day time, a time when many Rwandans are at work and not available in their homes.


23 July 2012

Q&A: Statistics boss calls for massive participation in Census

Starting August 15, the fourth National Population Census will kick off in the country and preparations are in high gear to ensure the process is accomplished, void of any hitches. The New Times’ Ivan Mugisha sat with the Director General of the National Institute of Statistics of Rwanda, Yussuf Rurangwa, who took us through the nitty-gritty of the process that takes place for the fourth time in the country’s history.


19 July 2012

Ni iki kitezwe ku Ibarura rusange ry’abaturage ku nshuro ya kane riteganyijwe vuba ?

Ku nshuro ya kane, u Rwanda rurategura Ibarura Rusange ry’Abaturage n’imiturire rizaba tariki ya 16 kugeza ku ya 30 Kanama 2012, mu rwego rwo kumenya byinshi ariko biganusha ku gusobanukirwa uko abateganyirizwa bangana, ibyiciro by’imyaka y’amavuko barimo, uko batuye, uko biyongera n’ibindi.


Pages